Perezida Kagame yafashe mu mugongo Ethiopia yibasiwe n’inkangu
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yafashe mu mugongo Minisitiri w'Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, n'abaturage b'icyo Gihugu, bibasiwe n’inkangu yabaye mu Karere ka Gofa mu Majyepfo y'icyo gihugu…