Abamaze guhitanwa na Marburg bamaze kuba icyenda
Ku wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024, Minisiteri y'Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko handuye umuntu umwe mushya, ndetse icyorezo cya Marburg gihitana undi umwe bituma abamaze guhitanwa nacyo baba icyenda.…