Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Nzeri, Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Umuyobozi wa Polisi ya…
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 23 Nzeri, Umuryango uhuza ibihugu bigize Umuhora wa Ruguru ushinzwe ubwikorezi (NCTTCA) watangije gahunda y’icyumweru cy’umutekano wo mu muhanda mu Rwanda,…
Kuri uyu wa Mbere tariki 23 Nzeri, mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bw'ukwezi bugamije kurwanya gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n'amategeko ku mugabane w'Afurika (AAM2024), bufite intego yo gucecekesha imbunda mu…
Umugabo w’imyaka 33 wo mu karere ka Rusizi yagerageje kwiyahura inshuro eshatu ntiyapfa gusa bimvuramo kujya mu bitaro. Ibi byabaye ku wa 20 Nzeri 2025 bibera mu Mudugudu wa Cyapa,…
Umunyezamu akaba na Kapiteni wa Barcelona ndetse n'ikipe y'igihugu y'u Budage,Marc Andre Ter Stegen agiye kumara umwaka wose adakandagira mu kibuga kubera ikibazo cy'imvune yagize. Ku munsi wejo ku Cyumweru…
Ikipe ya Mukura VS yatsinze Vision FC ibitego 2-1 mu mukino wo ku munsi wa kane wa shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda. Ni mu mukino wabaye Kuri iki gicamunsi…
Umutoza w'umutaliyani utoza Chelsea, Enzo Maresca yashimagije rutahizamu w'Umunya-Senegali, Nicholas Jackson nyuma yo kwitwara neza mu mukino batsinzemo West Ham United ibitego 3-0. Ku munsi wejo kuwa Gatandatu nibwo ikipe…
Ikipe ya Musanze FC yasanze Amagaju FC i Huye iyanyagirirayo ibitego 3-0 naho Rayon Sports izukira kuri Gasogi United iyitsinda igitego 1-0. Ni mu mikino yo ku munsi wa Kane…