Kuri uyu wa 7 ukwakira umutwe witwara gisirikare wa Hamas ufatanyije n’ uwa Hezbollah barashe ibisasu by’ amarokete mu mujyi waTelAvive wo muri Israel.
Ibi bibaye nyuma y’urupfu rw’umwe mubakomeye muri uyu mutwe wa Hamas Hashem Safieddin.
Nyuma y’ibi bitero ingabo za Israel zagerageje gukurikirana abo barwanyi ariko biza kurangira nabi kuko 10 muri bo bahakomerekeye.
Ku gicamusi cyo kuri uyu wa 7/10 /2014 Saa 14:20 umuvugizi wa goverinoma ya Israel bwana David Mencer yatangajeko reta ya Israel itazi neza ibyurupfu rw’ uwo muyobozi wa Hamas,avugako bishoboka ko yaba yarapfuye mumpera z’ icyumwe gishije.
Ariko kandi, ibitekerezo by’ abantu batandukanye bivugako uyu Hashem Safieddin yaba yariswe na Israel mukwezi gushize kwa 9.
Abasesenguzi kuri iyi ntambara baravugako ibintu bikomeje kuba bibi cyane kuko ngo Israel nayo irigutegura igitero gikomeye cyo kwihorera nyuma y’iki gitero yagabweho kuri uyu wa 7 ukwakira.
UMWANDITSI: Niyomukiza Gratien
Turi mu munsi ya nyuma