Marina yanyomoje abamubikaga ko yitabye Imana
Umuhanzikazi, Marina uherutse kuvugahwo kurembera mu gihugu cya Nigeria, yahakanye amakuru yavugaga ko yaba yamaze kwitaba Imana. Mu minsi ishize nibwo hamenyekanye amakuru ko uyu muhanzikazi yafashwe n’uburwayi bwa ‘Malaria’…