Umuyobozi wa Sosiyete Sivile mu mujyi wa Beni mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Cong, (RDC), Omar Kalisya, yatangaje ko ibyihebe byo mu mutwe wa ADF byagabye ibitero i…
Ku wa Kane tariki 25 Nyakanga 2024, Urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano (DASSO), abakozi bashya 349, nyuma yo gusoza amahugurwa yari amaze amezi 4 abera mu Ishuri rya Polisi…
Mu karere ka Rulindo mu murenge wa Cyinzuzi Ikirombe cyaridukiye abantu umunani bagicukuragamo amabuye y’agaciro, batatu muri bo bahita bitaba Imana , abandi baracyashakirwa irengero ngo barebe ko bagira abo…
Dr Jeanne d'Arc Mujawamariya wari Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo yirukanwe kuri izi nshingano ye kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho. Kuri uyu Wa Kane nibwo Ibirori bya Minisitiri w'Intebe bashyize…
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, yafashe mu mugongo Minisitiri w'Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, n'abaturage b'icyo Gihugu, bibasiwe n’inkangu yabaye mu Karere ka Gofa mu Majyepfo y'icyo gihugu…
Mu Karere ka Nyabihu umuyeshuri witwa Nyiramahirwe Claudine wiga mu mwaka wa gatandatu w'amashuri yisumbuye mu Ishami ry'Indimi n'Ubuvanganzo, LFK, ku kigo cya GS Rurembo yafashwe n'inda arangije gukora Ikizamini…
Abantu 229 barimo abagabo 148 n'abagore 81 bamaze kwicwa n'inkangu yibasiye Amajyepfo ya Ethiopia,mu Karere ka Gozdi mu gace ka Gofa . Reuters yatangaje ko iyi nkangu yatewe n'imvura nyinshi…
Abaturage bo mu mu karere ka Rusizi by'umwihariko abo mu mirenge ya Nkanka na Gihundwe barataka ubujura bukabije bugenda bufata intera umunsi ku munsi, aho kuri ubu bitakiri ukwibwa gusa …
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 23 Nyakanga 2024, umutekano wakajijwe i Kampala muri Uganda cyane cyane mu nzira zijya ku Nteko Ishinga Amategeko, ni nyuma y'uko hari…