Abaturage bo mu mu karere ka Rusizi by'umwihariko abo mu mirenge ya Nkanka na Gihundwe barataka ubujura bukabije bugenda bufata intera umunsi ku munsi, aho kuri ubu bitakiri ukwibwa gusa …
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, tariki 23 Nyakanga 2024, umutekano wakajijwe i Kampala muri Uganda cyane cyane mu nzira zijya ku Nteko Ishinga Amategeko, ni nyuma y'uko hari…
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC yari imaze iminsi i Dar Es Salaam muri Tanzania mu mikino y’Irushanwa rihuza Amakipe yo mu Karere ka Afurika y'u Burasirazuba no Hagati, CECAFA Kagame…
Perezida Paul Kagame yashimiye abayobozi b'ibihugu by'inshuti bo hirya no hino ku Isi bamwifurije ishya n'ihirwe, nyuma yo gutorerwa kongera kuyobora u Rwanda mu myaka itanu iri imbere. Ku ya…